GET INFORMATIONS OUT FROM THIS BLOG

WELCOME TO KAZUNGU'S BLOG

CHOOSE A HYPERLINK

Up to date information can be found on

igihe.com

For every morning news clik

igitondo.com

CLICK ORINFOR For more information on Rwanda government

Connect to UMUSEKE.COM It is another website in Kinyarwanda with update news

Mumakuru y'imikino agezweho mu kinyarwanda sura RUHAGOYACU Maze ushire amatsiko

About my institute

KIGALI INSTITUTE OF EDUCATION

about love click LOVECARDS

TO LEARN LITTLE TO NETWORK

lundi 8 août 2011

Abakobwa bato bakomeje kwigurisha kuri internet

Ibi byabaye icyorezo cyane mu bihugu byateyimbere mu  ikoranabuhanga rya internet, aho usanga abana bakobwa bakiri mu mashuli yisumbuye bicuruza kuri internet.
 




Uti bigenda bite?  aba bana bo mumashuli yisumbuye usanga bahora kuri internet bashakisha ubukire mu kwicuruza , bohereza imyirondoro yabo kugirango nihagira ubishimira bajye mu biciro maze bibonera agafaranga .
Kuri yi website www.seekingarrangement.com,  ICYITONDERWA:  Si ukubarangira ngo mukore ubu bucuruzi butemewe, ahubwo ni ukigirango mumenye ibibi ushobora cyangwa uwawe yahura nabyo kuri internet.
Iyi website rero, usanga iriho abo twakwita mu mvugo imenyerewe murwanda; aba commissionaires,  baranga cyangwa bahuza abakobwa bato n’abakiriya, ubu bucuruzi ngo buri guterimbere umunsi ku munsi.
Umuyobozi w’uru rubuga, atangaza ko bagize ikibazo kubera ihungabana ry’imari riheruka,ngo basa n’abahombye ku mari yabo yutwo tunyorwe, nkuko yakoresheje ijambo (the 20-somethings) bivuga kuva ku myaka 20 kuzamura.
Uyu mugabo witwa Wade, yatangajeko bafite abanyamuryango 800,000 kandi 35 ku ijana  bakaba ari abanyeshuli, ati: “kandi buri munsi abagurisha n’abakiliya bagenda biyongera cyane
Umukobwa witwa “Taylor” ni umunyeshulikazi w’imyaka 22, acururiza kuri uru rubuga,  avuga ko  abona amadolari agera ku bihumbi 3000 ku kwezi muri iyi business akora.
Ati “ mfite SUGAR DADY ungezaho byose wo mu Greenwich” (Greenwich Village, Manhattan, New York City) nkuko yabitangarije abasura uru rubuga.
Yakomeje ati:” twahuriye aho gari yamoshi yangejeje nyuma yo guhurira hano (seekingarrangement.com), anjyana mu muturirwa we ntigeze mbona mu buzima bwanjye, tuhamarana igihe kitari gito twibereye muri Jakuza, nyuma tujya mu cyumba gukora icyari cyanzinduye,  tumarana umunsi wose turi kumwe nanjye amadolari ndayayora
tugiye no gutandukana anyongera amadolari US$350,  ndavuga nti ubucuruzi ni ubu” Taylor
Uko ikoranabuhanga ritera imbere ntirisiga igihugu cyacu, ndetse ntawahamya ko bene ubu bucuruzi budakorwa na hano mu Rwanda.
Babyeyi murabe menge, abana banyu Internet bayivanaho byinshi.

By Kazungu 

Aucun commentaire:

Enregistrer un commentaire