GET INFORMATIONS OUT FROM THIS BLOG

WELCOME TO KAZUNGU'S BLOG

CHOOSE A HYPERLINK

Up to date information can be found on

igihe.com

For every morning news clik

igitondo.com

CLICK ORINFOR For more information on Rwanda government

Connect to UMUSEKE.COM It is another website in Kinyarwanda with update news

Mumakuru y'imikino agezweho mu kinyarwanda sura RUHAGOYACU Maze ushire amatsiko

About my institute

KIGALI INSTITUTE OF EDUCATION

about love click LOVECARDS

TO LEARN LITTLE TO NETWORK

vendredi 17 février 2012

Indaya muri Zambia zagurishije ku buntu kubera intsinzi ya Chopolopolo

Abakobwa n’abagore bicuruza mu duce dutandukanye mu mujyi wa Lusaka muri Zambia batanze ibicuruzwa byabo ku buntu ku bafana b’abaguzi, mu rwego rwo kunezerwa igikombe cya Africa ikipe yabo yatwaye.
Ibirori biherekejwe no kugura no kugurisha ngo bireze cyane muri Zambia
Ibirori biherekejwe no kugura no kugurisha ngo bireze cyane muri Zambia
Abaguzi ngo bari babyiteguye cyane kuko igihe Zambia yasezereraga Ghana, nabwo ngo ab’inkwakuzi batishyuye ibyo basanzwe bagura kuri aba bakobwa nyuma y’intsinzi muri ½ imbere y’igihangange Ghana.
Mu ijoro ryakeye bwo rero, imirongo minini y’abagabo ngo baje kubona iyi ‘bonus’ kubera intsinzi, yagaragaraga ahari indaya nyinshi henshi muri uyu mujyi.
Umwe mu bicuruza ngo yahaye ibicuruzwa bye abakiriya hafi 11 ku buntu.
Mu gihe bishimiraga intsinzi ya Zambia kuri Ghana, hari umuguzi wari waherewe ubuntu warinze gukubitwa n’abari bategereje ngo kuko yatinze kurangiza ngo n’abandi bahahe.
Uwitwa James niwe wahaye ubuhamya The Independent Post cyo muri Zambia dukesha iyi nkuru ko biyamye uyu musore watinze kugira ibyo agira ngo n’abandi nabo bagire uko bigenza.
Nyamara ariko uru rubyiruko rwari rwaje guhaha ku buntu mu ntsinzi ya Zambia kuri Ghana, ngo hari urwaba rwarahavanye icyorezo cya SIDA ngo kuko mbarwa ari abakoreshaga agakingirizo kuri iyi service yihuse bari baboneye ubuntu.
Mu ijoro ryo ku cyumweru, buri hantu hahurira abantu benshi hakaba hari hashyizwe za Condom nyinshi kugirango abari bubone iyo servisi y’ubuntu batahakura inda y’akabati.

Aucun commentaire:

Enregistrer un commentaire