GET INFORMATIONS OUT FROM THIS BLOG

WELCOME TO KAZUNGU'S BLOG

CHOOSE A HYPERLINK

Up to date information can be found on

igihe.com

For every morning news clik

igitondo.com

CLICK ORINFOR For more information on Rwanda government

Connect to UMUSEKE.COM It is another website in Kinyarwanda with update news

Mumakuru y'imikino agezweho mu kinyarwanda sura RUHAGOYACU Maze ushire amatsiko

About my institute

KIGALI INSTITUTE OF EDUCATION

about love click LOVECARDS

TO LEARN LITTLE TO NETWORK

samedi 3 décembre 2011

Afite imyaka 30 ariko asa n’umwana w’uruhinja


Afite imyaka 30 ariko asa n’umwana w’uruhinja

Mu gihugu cya Brezile haravugwa umukobwa witwa Maria Audete do Nascimento, ku myaka 30 y’amavuko ntavuga nta n’ubwo agenda. Nyirabayazana ngo ni indwara yitwa thyroïde, ibuza umubiri we n’ubwonko gukura uko bikwiye, ibi bituma ngo asa n’umwana w’uruhinja rufite amezi 9.













Nkuko abaganga babivuga ngo uburwayi bwe bwari kuvurwa bugakira iyo buza kumenyekana kare. Ibyo byari gutuma Maria akura nk’ibisanzwe. Ikivugwa ngo ni uko ababyeyi be nta bushobozi bari bafite bwo kugura imiti.
Maria wavutse ku itariki ya 7 Gicurasi 1981, ngo yabayarabonye abagiraneza bagiye kuzamwitaho bakamuvurira ubuntu. Aba bagiraneza ni abo muri Kaminuza ya Ceara bamugiriye impuhwe bakazamuvura bifashishije imisemburo ituma umuntu akura. Birashoboka ko Maria ufite imyaka 30, ashobora kuzakura akigenga.
Gusa ubu buvuzi ngo bushobora kuba buje butinze, bityo ngo icyo buzamufasha ni ukubasha kugenda, kuba yabasha kurya nta we umufashije ndetse no kuba yabasha kuvuga amwe mu magambo. Ngo kuri ubu aho ibihe bigeze nta bwo umubiri we wabasha gukura byuzuye nkuko yavutse.

FROM www.umuseke.com

Aucun commentaire:

Enregistrer un commentaire